Bimwe mu bibi byavuzwe kuri Kigeli V Ndahindurwa nyuma y’itanga rye

Ku wa mbere tariki ya 17 Ukwakira 2016, mu kiganiro cy’incamake y’ibyaranze icyumweru, Bwana Gaspard Musabyimana, umunyamakuru wa Radio Inkingi akaba n’impuguke ku mateka y’u Rwanda ndetse n’umwanditsi w’ibitabo yavuze kuri bimwe mu bibi byaranze ubutegetsi bw’igihe gito bwa Kigeli V Ndahindurwa cyane cyane mu mwaka wa 1959

Mushobora kubyumva hano hasi: