Mu ijambo yavugiye mu gikorwa cya Leta y’u Rwanda kiswe Rwanda Day kuri uyu wa gatandatu tariki ya 5 Ukwakira 2019 i Bonn mu gihugu cy’U Budage, Edouard Bampoliki, umuyobozi w’itorero ry’igihugu yagize ati:
“Iyo ugize ibyago uwawe akagirana ikibazo n’ingoma, ntushobora kumutera inkunga iyo ari yo yose utabanje kugisha inama iyo ngoma.”
Imbwirwaruhame ya Edouard Bampoliki yose muri Rwanda Day 2019 i Bonn: