Ikibazo cy’ubutaka kiri mu bishobora guteza impinduramatwara kidacyemuwe vuba

Muri iki kiganiro turumva abaturage bivugira ibibazo by’ubutaka bafite, ndetse n’abategetsi b’igihugu barimo Perezida Kagame baragira icyo bakivugaho.

Nyuma turumva ibitekerezo by’abatumirwa bacu:

-Gén BEM Emmanuel Habyalimana, Perezida wa CNR Intwari

-Gaspard Gatera, impuguke n’umushakashatsi mu buhinzi

-Justin Safari, imuguke mu mategeko, akaba no muri Gvt yo mu buhungiro aho ashinzwe Minisiteri y’ubutaka

-Dr Innocent Biruka, impuguke mu mategeko

1 COMMENT

Comments are closed.