IMYIGARAGAMBYO YO KUWA 20/03/2021.

Yanditswe na Eric NIYOMWUNGERI

Banyarwanda mutuye muburayi turongera kubashishikariza kwitabira imyigaragambyo izaba taliki 20 werurwe 2021. 

Ndongera kubibutsa ko iyi myigaragambyo ariyo gutabariza IDAMANGE Yvonne ndetse n’izindi mfungwa za politiki zifungiwe mu Rwanda.

Abanyarwanda ndetse n’inshuti z’u Rwanda turi mububiligi tuzahurira kuri Rond-Point Schuman i saa Munani ku isaba ya Kigali, bikazaba ari saa cyenda ku isaha y’ i Buruseri.

Muze muri benshi turwanye akarengane kari gukorwa niyi leta y’agatsiko ka FPR.

2 COMMENTS

  1. Ese nawe Eric wagiye muri abo bataye umutwe? ndagukarambye peeee. u Rwanda twe turatengamaye nimukomeze murindagire

  2. @munyakazi abantu bose bari aho ntago batengamaye nkuko wowe bikumereye. warukwiye gufungura amaso ukareka kwirebaho ahubwo ukarebera n’abagenzi bawe. Ubuse umuturage wo muri bannyahe uyu mwanya nawe yabarizwa muri abo batengamaye? naho twe turi impirimbanyi za democracie ziharanira kwishyira ukizana kw’abanyarwanda muri rusange.

Comments are closed.