Inzara n’itumbagira ry’ibiciro by’ibiribwa bikomeje kwibasira u Rwanda. Leta yo ngo nta kibazo gihari!

Inzara ikomeje kwimonogoza mu Rwanda ndetse n’ibiciro by’ibiribwa bikomeje gutumbagira ariko Leta y’u Rwanda yo ikomeje gutsimbara yemeza ko nta kibazo gikomeye kiri mu gihugu mu gihe abaturage bo bakomeje gutaka no kurira ayo kwarika.

mushobora kumva inkuru y’umunyamakuru wa Radio BBC Gahuza Miryango, Jean Claude Mwambutsa wataye amakuru kuri iki kibazo:

 

 

Mwanumva kandi ikiganiro amakuru yatawe n’umunyamakuru wa Radio Ijwi ry’Amerika, Assumpta Kaboyi kuri iki kibazo: