KARIBU TIME:Ikiganiro gishya/Umuco-ubuzima n’imibereho yo hanze y’u Rwanda

Muri iki kiganiro gishya mugiye kuzajya mukurikirana, Rubens na Urujeni bazajya babaganiriza mu rwenya ku buzima n’imibereho y’ abavuga ikinyarwanda hirya no hino ku isi. Menya byinshi kuri iki kiganiro gishya.