Ndifuza ko nta Muntu n’umwe wakongera kuburirwa irengero aho yaba ari hose.
Ndifuriza ababuze gushakishwa bakaboneka.
Nkifuriza inshuti n’abavandimwe bagishakisha ababo gukomeza kugira ikizere, kuticwa n’agahinda irungu ry’ababo ribatera, ahubwo bakabavuga batitangiriye kandi bagashakishwa ubudahwema.
Muhorane Imana kandi Ndashimiye ku Buzima bwanyu mwese.
























































































