MINISITIRI OLIVIER NDUHUNGIREHE YASUBIJE IBIHUGU BITISHIMIYE AMASEZERANO

Olivier Nduhungirehe ni we munyamabanga wa leta muri minisiteri y'ububanyi n'amahanga y'u Rwanda

Ministre Olivier Nduhungirehe avuga ko kuba hari ibihugu bitishimiye amasezerano y’u Rwanda na Arsenal mu kwamamaza ubukerarugendo, bidakuraho gahunda y’igihugu yo kwigira.Ngo ntibinatangaje kandi hari abahora barajwe ishinga no kunenga ibyo uRwanda rukoze.

Depite Karemera Jean Thierry we avuga ko nta munyarwanda ukwiye guterwa impungenge n’uko aya masezerano yasinwe kuko byose bigamije guteza imbere igihugu