Ministre Nduhungirehe:”Umupaka Rwanda-Ouganda ugiye gufungurwa?”

Olivier Nduhungirehe ni we munyamabanga wa leta muri minisiteri y'ububanyi n'amahanga y'u Rwanda

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe ibikorwa by’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba Bwana Olivier Nduhungirehe aratangaza ko Inama izabera I Gatuna tariki 21 z’uku kwezi ivuga k’ u Rwanda na Uganda yiteze ko izavugirwamo ibisubizo aho kuba ibibazo nk’izindi zayibanjirije.