Akoresheje urubuga rwe rwa Instagram yagize ati:
“Basi se hari akabaruwa wasize wandikiye Paulette 2.0? Amagambo ajya ashira ivuga 😭💔… Ruhukira mu mahoro wakundaga Ntama ya Mwungeri, Urakumbuwe.”
Asubiza abashinjaga Kizito Mihigo yagize ati: “Ndabona hari impaka aha, munyemerere ngire nti; Mwe mukiri bazima muzabe bazima ntimukurikire inzira y’ibyo mumushinja… Ariko kuri ubu, dufashe mu mugongo umuryango we muri aka kababaro ko kubura uwacu.“
Ku ndirimbo yashyize ku rukuta rwe rwa instagram irimo ifoto ya Kizito Mihigo yanditseho amagambo agira ati:
Iyo usibiraho umunsi umwe “UMWE GUSA” ijuru ryari gutegereza! Ngire nte se ko umbereye ikibibi cyansanze umugongo aho ntashoboye kwishima? Nkumburwa. Iteka. 😭💔