Nyuma yo guta muri yombi bamwe mu baturage bo muri Kibiraro 1 na Kangondo mu murenge wa Nyarutarama bari bagiye mu rukiko kuburana indishyi z’imitungo yabo, Police y’u Rwanda yashatse gushimuta umunyamakuru wa Radio Ijwi ry’Amerika mu Rwanda, Eric Bagiruwubusa
Mushobora kumva hano hasi uko yabitangarije umunyamakuru wa Radio Ijwi ry’Amerika muri i London mu Bwongereza Vénuste Nshimiyimana: