Ministre w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo nyuma yo gusebera i Lomé muri Togo mu nama y’ibihugu by’Afrika, Caraïbes na Pacifique, yagiye kwimarira umujinya i Bruxelles
Muti byagenze bite? Ubwo umuryango w’ibihugu by’u Burayi byari mu nama n’ibihugu cy’Afrika, Caraïbes na Pacifique, Ministre Mushikiwabo yashatse ko ibigomba kwigwa mu nama bihindurwa hakigwa ibindi ndetse hakajyamo ibyo kumushyigikira mu kwiyamamariza kuyobora umuryango w’ibihugu bivuga igifaransa, ariko abandi bahagarariye ibihugu byabo bamuteye utwatsi maze Mushikiwabo ahita ava mu nama itarangiye akurikiwe na Ambasaderi Amandin Rugira bahita baboneza iya Bruxelles mu Bubiligi.
https://www.facebook.com/100010897146384/videos/585925121780721/