Iryavuzwe riratashye Rtd Brig Gen Sekamana niwe utorewe kuyobora Ferwafa

Rtd Brig Gen Sekamana

Mu matora yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 31 Werurwe 2018, Rtd Brig Gen Sekamana atsinze Rurangirwa Louis, atorerwa kuyobora Ferwafa imyakana ine.

Rtd Brig Gen Sekamana wari wiyamamaje aturutse mu ikipe y’Intare Fc, atsinze amatora ku majwi 45, naho Rurangirwa Louis agira amajwi 7, haboneka impfabusa imwe.

 

Rurangirwa Louis

Mu nyandiko yaciye kuri The Rwandan mu minsi yashize umwanditsi yari yasobanuye uburyo FERWAFA itegekwa ndetse yerekana n’impamvu Rtd Brig Gen Sekamana agomba gutsinda amatora.

Iyo Nyandiko mwayisanga hano hasi:

https://www.therwandan.com/ki/2018/02/28/minisiteri-yingabo-yongeye-kuniga-ferwafa/