Rwanda: Ibuka iremeza ko imibiri imaze gukurwa i Kabuga ari 83.000!!???

Nk’uko tubikesha Radio Ijwi ry’Amerika mu makuru yayo yo kuri uyu wa kane tariki ya 2 Gicurasi 2019, umunyamabanga mukuru wa IBUKA, Nephtal Ahishakiye yatangaje ko kuri uyu wa gatandatu tariki ya 4 Gicurasi 2019, mu rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro hazashingurwa imibiri igera ku 30.000 yakuwe i Kabuga ahitwa mu Gahoromani, ngo iyo mibiri izaza isanga indi irenga 50.000 nayo yakuwe i Kabuga yamaze gushyingurwa muri urwo rwibutso!

Nk’uko Umunyamabanga mukuru wa IBUKA yabitangarije Radio Ijwi ry’Amerika ngo imibiri imaze gukurwa i Kabuga ingana na 83.000!

Umva aho abisobanura hano hasi: