Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 28 Ukuboza 2019, habaye Umuhango wo gushyingura mushiki wa Perezida Grégoire Kayibanda, Nzabanita Anne Marie witabye Imana afite imyaka 71 asize umugabo n’abana 6 n’abuzukuru 19, yari atuye mu Kagari ka Nyamagana mu Karere ka Ruhango, yari afite paralysie yari amaranye igihe kirekire.
Inkuru dukesha umunyamakuru Nkusi Uwimana Agnes uri mu Rwanda.