Ibihugu bisaga umunani biri mu bikomeye ku isi, biratangaza ko umutekano utizewe mu duce tumwe na tumwe tw’u Rwanda, abari ku butegetsi i Kigali ibyo ntibabikozwa mu gihe abo batavugarumwe basanga amakenga y’ayo amahanga afite ireme.
Abatumirwa:
-Amb Olivier Nduhungirehe, umunyamabanga wa Leta muri MINAFFET
-Gallican Gasana, umunyamabanga mukuru mu ishyaka Amahoro People’s Congress
-Victor Safali wo muri PS Imberakuri