Mu ijambo Joseph Matata umuhozabikorwa wa
CLIIR yagejeje ku banyarwanda bitabiriye umuhango wo
Kwibuka25 bose, yasabye abayobozi b’u
Rwanda gutanga amahoro. Abanyarwanda bakeneye amahoro nta ntambara bafite, nta ntambara bakeneye.
Rwanda ruzira gutonesha Umenye ko ubu nanjye ndi kwibuka abanjye”


























































































