Guverinoma y’u Rwanda iravuga ko nta madeni menshi ifite nkuko bamwe babitekereza.
Ministiri w’Imari n’igenamigambi yavuze ko n’ubwo u Rwanda rugikoresha inkunga n’inguzanyo z’amahanga nyinshi bitaraba ikibazo.
Guverinoma y’u Rwanda iravuga ko nta madeni menshi ifite nkuko bamwe babitekereza.
Ministiri w’Imari n’igenamigambi yavuze ko n’ubwo u Rwanda rugikoresha inkunga n’inguzanyo z’amahanga nyinshi bitaraba ikibazo.