Uko urwego rwa ONU rusobanura urupfu rwa Augustin Bizimana

Urwego rwa ONU rwasimbuye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Arusha, rwakusanyije amakuru yose rwahabwaga n’abo mu muryango wa Augustin Bizimana, maze rushobora kwemeza nta shiti, ko yapfuye. Umunyamakuru wa Radio Ijwi ry’Amerika, Venuste Nshimiyimana yavuganye n’abayobozi ba IRMCT bamusobanurira uko bifashishije uduce tw’igishushanyo nyubako y’umuntu (ADN).

Ni mu nkuru musanga hano hasi: