“Umuco wo kwitorera abayobozi uragenda urangira”:Byansi Samuel Baker

Umunyamakuru Byansi Samuel Baker ati ni ikibazo kuba Cleophas Barore (Chairman wa Rwanda Media Commission) atarekura ubutegetsi kandi manda ye yararangiye, umuco wo kwitorera abayobozi uragenda urangira, ni n’ikibazo kuba hari abayobozi bamutumira bakicarana nka chairman kandi manda ye yararangiye.” Baker aranenga no kuba udafite ikarita y’itangazamakuru RMC ivuga ko atari umunyamakuru, ati “RMC nirekere aho gufata ibyemezo itabajije abagenerwabikorwa.”