Urugendo rwo kwibuka ubwicanyi bwose bwabereye mu Rwanda-Bruxelles 06-04-2017

Kuya 06/04/2017 i Bruxelles mu Bubiligi habereye urugendo rwo kwibuka ubwicanyi ndengakamere bwabaye kuva kuri iyo tariki ubwo indege y’uwari Président w’u Rwanda Juvénal Habyarimana yahanurwaga. Hari abantu bageze kuri 200. Matata niwe wavuze ijambo ry’uwo munsi yerekana ko ari abahutu, abatutsi, abatwa ndetse n’abanyamahanga bose batakaje abantu.