Uyu munsi kuwa 17.07.2019 abantu bataramenyekana bamanitse amabendera n’ibirango bya RNC ku cyapa cya Utexirwa, iribendera ryaje kumanurwa n’umupolisi w’Igitsinagore uherekejwe n’abandi ba Polisi benshi rijyanwa ahantu hataramenyekana.
Iribendera rigaragaye nyuma gato y’andi mabendera n’ibirango bya RNC byagiye bigaragara ku byapa byamamaza.
Icyahuruje abanyarwanda benshi cyagaragaye ku icyapa kiranga ingoro ndagamurage yitiriwe Kandt hifi y’ahahoze Gereza ya Kigali.
Umusomyi wa The Rwandan
Kigali
Aba bantu bakoze ibi iyaba bari babaye benshi kandi bakabikora igihugu cyose. Reka dukosore gato. Ibendera rirazamurwa ntirimanikwa, ubwo kandi rirurutswa ntirimanurwa
Murakoze naho ubundi bakoze igikorwa cy’indashyikirwa.