Gilbert Mwenedata arasaba Leta y’u Rwanda kureka gutoteza Victoire Ingabire.

Mwenedata Gilbert

Akoresheje imbuga nkoranyambaga nka Twitter na Facebook, Gilbert Mwenedata, Perezida w’ishyaka IPAD ndetse akaba yarashatse no kwiyamamariza kuyobora u Rwanda mu matora yo mu 2017, yavuze ko ibirimo gushinjwa Madame Victoire Ingabire ngo byo gushaka abajya mu mitwe y’iterabwoba ndetse ngo agashaka abahutu gusa ari itekinika ko uko ali Madame Victoire Ingabire adashobora gukora ibintu nk’ibyo.

Uretse ku mbuga nkoranyambaga, Gilbert Mwenedata yavuganye n’umunyamakuru Jean Claude Mulindahabi wa Radio Urumuli mu kiganiro musanga hano hasi: