Mu gihe U Burundi bushinja u Rwanda gushaka kwica Nyamitwe u Rwanda rwo rurabihakana

René Ngendahimana ibumoso na Pierre Nkurikiye i buryo

Nyuma y’igikorwa cyo kugerageza kwivugana umujyanama ushinzwe iby’itumanaho mu biro by’umukuru w’igihugu cy’u Burundi Willy Nyamitwe, umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi, Pierre Nkulikiye yashyize mu majwi igihugu cy’u Rwanda ko cyagize uruhare muri icyo gitero.

Yabitangaje mu kiganiro yahaye Radio Ijwi ry’Amerika:

 

Ku ruhande rwa Leta y’u Rwanda, umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda, Lt Colonel René Ngendahimana we arahakana yivuye inyuma ibyatangajwe n’u Burundi mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Eric Bagiruwubusa wa Radio Ijwi ry’Amerika: