Ijoro rigiye kuba irya kabiri Thomas Nahimana na bagenzi be 2 bari ku Kibuga i Nairobi kubera ko u Rwanda rwanze ko binjira mu gihugu cyabo. Thomas Nahimana yambwiye ko bazahaguma kugeza igihe uburenganzira bwabo bwo gutaha mu Rwanda bwubahirijwe. Nadine Kasinge, ufite uruhinja rw’amezi 7, yavuze ko agiye gusubira muri Canada kukoumwana we atashobora kubaho muri buriya buryo.

 

 

transit