Mu itangazo ryasohowe na Ministre w’ububanyi n’amahanga wa Uganda, Sam Kuteesa haravugwamo uko igihugu cya Uganda kibona ibibazo gifitanye n’u Rwanda, iri tangazo ryari rigenewe abahagarariye ibihugu byabo muri Uganda.
Mushobora kumva ibikubiye muri iryo tangazo k’uko byasesenguwe n’umunyamakuru Geofrey Mutagoma wa Radio Ijwi ry’Amerika: