Bamporiki yakatiwe igihano cy’igifungo cy’imyaka 5 n’ihazabu y’amafaranga milioni 30.

Urukiko rukuru mu Rwanda rwategetse ko Bwana Edouard Bamporiki wari umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’urubyiruko n’umuco afungwa imyaka itanu akanatanga ihazabu ya miliyoni 30.

Ni mu rubanza rw’ubujurire urukiko rwamuhamije ibyaha bifitanye isano na ruswa no gukoresha ububasha ahabwa n’itegeko mu nyungu ze bwite.

Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika i Kigali mu Rwanda, Eric Bagiruwubusa, yari mu rukiko ategura inkuru ikurikira ushobora kumva mu ijwi rye hano hepfo.

VOA