Abaturage Baburana n’Umujyi wa Kigali Barashinja Inkiko Kubogama

Inzu zubakiwe abaturage bimuwe Kangondo na Kibiraro muri Nyarutarama.

Mu Rwanda, abaturage bo mu midugudu ya Kangondo na Kibiraro i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali barashinja ubutabera kubogamira ku mujyi wa Kigali.

Ni nyuma y’aho imanza zabo urukiko rwagombaga kuzifataho ibyemezo rukagenda ruzigiza inyuma ku mpamvu zitandukanye.

Abo baturage bahanganye n’umujyi wa Kigali ku ngingo yo kubimura ku bikorwa by’inyungu rusange.

Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Eric Bagiruwubusa yakurikiye iki kibazo ategura inkuru irambuye ushobora kumva mu ijwi rye hano hepfo.