Dr Christine Uwimana amenye umubyeyi we nyuma y’imyaka 47

Umunyarwandakazi Dr Christine Uwimana yamenye papa we nyuma y’imyaka 47 abifashijwemo n’Ijwi ry’Amerika. Nyina wa Dr Uwimana yitabye Imana nyuma ya Kudeta yabaye mu Rwanda muri 1973, apfira muri gereza ya Ruhengeri.

Agnes Kabarenzi wakoraga mu bitaro bya CHK i Kigali yafunzwe ku mpamvu na n’ubu zitaramenyekana.

Yafunzwe atwite inda y’amezi atatu, abyarira muri gereza ariko umwana ashobora gushohoka akivuka, ararerwa, ararukura.

1 COMMENT

  1. Imana ishimwe cyane. Uyu papa wawe yari ministre wa fonction publique muri Republica ya mbere yayoborwaga na Gregoire Kayibanda. Imana imuhe iruhuko ridashira hamwe n`abandi bose barangije urugendo rwabo muri iyi si.

Comments are closed.