Leta y’u Rwanda mu ijwi rya Olivier Nduhungirehe, umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe akarere k’Afrika y’u Burengerazuba, yavuze ko ibirego by’u Burundi nta shingiro bifite.
Mushobora kumva birambuye ibyo Olivier Nduhungirehe yabwiye umunyamakuru Vénuste Nshimiyimana wa Radio Ijwi ry’Amerika: