Nta gahunda yo gutabariza Kigeli V Ndahindurwa mu Rwanda: Boniface Benzinge

Umwami Kigeli V Ndahindurwa n'uwari umukarani n'umuvugizi we Boniface Benzinge

Mu kiganiro yagiranye na Radio Ijwi ry’Amerika uwahoze ari umukarani w’Umwami Kigeli V Ndihindurwa ari we Boniface Benzinge yatangaje ko Umwami Kigeli V Ndahindurwa yasize avuze ko atazatabarizwa mu Rwanda.

Kuri Boniface Benzinge ngo gutabariza Umwami mu Rwanda ngo ntabwo bishoboka n’ubwo ngo hari abarimo kubishyiramo ingufu

Mushobora kumva ikiganiro uwahoze ari Umukarani n’umuvugizi w’umwami Kigeli V Ndahindurwa ari we Boniface Benzinge yagiranye n’umunyamakuru wa Radio Ijwi ry’Amerika, Thomas Kamilindi.

1 COMMENT

  1. Benzinge Imana izakugororera wamubayeho imyaka yose ntunamutereranye umwuka umuhezemo nguko uko abagabo berekana urukundo kabandi ntibahemuke byubu turashimira ubwitange wagize

Comments are closed.