Umuryango w’abamisiyoneri b’Afrika (abapadiri bera) ubabajwe no kumenyesha inshuti n’abavandimwe ko umwe mu bagize uwo muryango ari we Padiri Irénée Jacob yitabye Imana kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Ukwakira 2016.
Imihango yo kumushyingura:
- Misa yo kumusezeraho izabera muri Paruwasi y’umuryango Mutagatifu (Sainte Famille) ku wa kane tariki ya 13 Ukwakira 2016 isaa tanu (11:00)
- Kumushyingura ni mu irimbi ry’abihayimana i Ndera
Uhagarariye umuryango w’abapadiri Bera mu Rwanda
Padiri PAM Dennis
NB: Nyakwigendera Padiri Irénée Jacob niwe wanditse inkoranya y’Ikinyarwanda
nzineza ko ugiye mubiganza by,imana, urajye utuzirikana mu vandimwe,jacob
Abeza ntibapha baratabaruka , wabaye ingirakamaro. kandi uzahora uri ingirakamaro