Ubwisanzure bw’Itangazamakuru Buhagaze Bute mu Rwanda mu Mwaka wa 2022?

Muri uyu mwaka wa 2022 ishyirahamwe ry’abanyamakuru batagira umupaka (Reporters without Borders) riragaragaza ko u Rwanda rwigiye imbere ho imyanya 20 ku rutonde rw’ibihugu byubahiriza ubwisanzure bw’itangazamakuru.

Abanyamakuru baganiriye n’Ijwi ry’Amerika kuri uyu munsi barashima intambwe u Rwanda rumaze gutera ariko bagasanga hari n’ibyo gukosora.

Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Eric Bagiruwubusa yasomye raporo ya Reporters without Borders ategura inkuru ikurikira mushobora kumva mu ijwi rye hano hepfo: