Abahatirwa kujya mu myigaragambyo yo gusaba ko Lt Gen KK arekurwa baratabaza!

Mu murwa mukuru w’ u Rwanda, Kigali, imyigaragambyo yo guhamagarira Leta y’u Bwongereza kurekura Gen Karenzi Karake yakomeje.

Ariko ba rubanda rugufi ruhatirwa kujya muri iyo myigaragambyo babwiye Ijwi rya Amerika kobafite impungenge zo kubona icyo barya kubera kubatesha imirimo yabo ibatunga umunsi ku wundi.

I Kigali,umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Eric Bagiruwubusa yazindukiye kuri Ambasade y’Ubwongereza mu Rwanda habera imyigaragambyo.

Uretse abajyanwayo ku ngufu hari abagerayo baisinzirira!
Uretse abajyanwayo ku ngufu hari abagerayo bakisinzirira!