Kuri uyu wa kabiri tariki 23 umuvugizi w’urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB), Dr Thierry Murangira yatangarije itangazamakuru ko urwo rwego rwarimo ruhata ibibazo Dr Christopher Kayumba
Nyuma yo guhatwa ibibazo akekwaho icyaha cyo kugerageza gufata umukobwa ku ngufu, Dr Christopher Kayumba yaje kurekura nk’uko byatangajwe n’ishyaka rye ku murongo wa twitter