GUSHIMIRA ABATERANKUNGA, ABABYEYI N’ABADUKURIKIYE KU ISI HOSE

Nyuma y’ikiganiro duheruka kubagezaho cyerekeranye n’uburezi n’ubuzima bwo mu inkambi ya Meheba muri Zambia, umuyobozi wa Bamukunde Foundation arashimira abantu batwandikiye, abatwoherereje inkunga n’abakomeje gusangiza abandi icyo kiganiro. 

Aranifuriza Noheli nziza n’umwaka mushya muhire abanyarwanda bose aho bari hose cyane cyane abaki mu inkambi z’impunzi.