Ntiyiyumvisha ’Systeme’ ikunze kuvugwa umuntu agomba kuba arimo

Umunyamakuru w’UMUVAVU, Nsengimana Theoneste akaba n’umuyobozi wacyo aribaza sisiteme ivugwa (System) umuntu agomba kuba arimo kugira ngo agire ibyo ahabwa nyuma yuko ngo agiye kwaka isoko akabazwa niba ari muri system.

Mu kiganiro n’umunyamakuru w’UMUBAVU, ati “Ndashaka kuzasobanukirwa sisiteme iyo ariyo umuntu agomba kujyamo iruta iyo kuba umunyarwanda, sisiteme yakabaye iyo kuba uri umunyarwanda”.