
Mu kiganiro Padiri Nahimana Thomas yagiranye na Bwana Simeon Musengimana umunyamakuru wa Radio Ijwi rya Rubanda, yasobanuye ko Leta y’u Rwanda yategetse indege ya Kenya Airways kutabatwara ibajyana mu Rwanda.
Mushobora kumva ikiganiro cyose hano hasi:
The Rwandan kandi yashobye kubona ifoto ya viza iri mu rwandiko rw’inzira rwa Padiri Nahimana imwemerara kwinjira mu Rwanda