Perezida wa Ferwafa, Nzamwita Vincent de Gaulle yasabwe kwegura ku buyobozi

Mu gihe abanyarwanda bicira isazi mu jisho Perezida Kagame na Perezida wa FERWAFA, Degaule Nzamwita bireberaga umukino wa nyuma wa UEFA Champions League kuri Stadio Giuseppe Meazza izwi cyane ku izina rya San Siro i Milan mu Butariyani aho ikipe ya Real Madrid yegukanye igikombe ku nshuro ya 11!

Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ari we Nzamwita Vincent de Gaulle yasabwe kwegura na bamwe mu banyamuryango ayobora

Nk’uko bigarargara mu ibaruwa Kigali Today ifitiye kopi, Bwana Nzamwita Vincent de Gaulle yasabwe n’ikipe ya SEC ko yakwegura kuri uwo mwanya kuko atagifitiwe icyizere n’abanyamuryango ayobora.

Inkuru irambuye>>