10 Gashyantare 2014, Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, yatoye itegeko ryemeza ko imitungo idafite ba nyirayo izajya icungwa na Leta kugeza igihe beneyo babonekeye bakayisubizwa bemeje ko ari iyabo.
Iri tegeko rikaba rimaze gusohoka muri gazete ya Leta muri iyi minsi ishize mwarisanga hano>>>
Radio Itahuka yaganiriye na Dr Charles Kambanda umuhanga mu mategeko asobanura uko icyo kibazo giteye
Ikiganiro cyose mwacyumva hano >>>