Col.Willy Bagabe mubyara wa Perezida Kagame amakuru ava mu Rwanda aravuga ko yapfuye aguye mu gihugu cy’Ubuhinde.
Col.Willy Bagabe yabanje kurwarira muri Kenya, aho yavuye ajyanwa mu bitaro byo mu Buhinde ari naho yaguye.
Hari abavuga ko yaba yararozwe ariko hari n’abavuga ko yazize indwara y’impyiko.