Ngoma:Umuganga yishwe arashwe n’abantu bataramenyekana

Umukozi w’ikigo nderabuzima cya Nyange mu murenge wa Mugesera mu karere ka Ngoma yaraye yishwe arashwe n’umuntu utaramenyekana mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 4 rishyira kuwa mbere tariki 5 Nzeli 2016.

Jean Damascene Bizumuremyi Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mugesera yabwiye Umuseke ko uwarashwe yitwa Christian Maniriho yari umukozi muri Laboratoire y’iki kigo nderabuzima.

Uyu mukozi ngo yarashwe saa tatu z’ijoro, kugeza ubu uwamurashe akaba ataramenyekana ndetse agishakishwa.

Inkuru irambuye>>>