Urupfu rw'umuhungu wa Augustin Iyamuremye

Amakuru agera kuri The Rwandan ni ayerekeye urupfu rwa Remy Iyamuremye, akabari umuhungu wa Dr Augustin Iyamuremye uyu mugabo akaba ari we ukuriye abadodeye Perezida Paul Kagame itegeko nshinga ubu rikaba rigeze muri Kamarampaka benshi badashizikanya ko izaba “TORA AHA”

Amakuru atugeraho avuga ko uyu mwuzukuru wa Perezida Théodore Sindikubwabo (umugore Dr Iyamuremye ni umukobwa wa Perezida Sindikubwabo)  ashobora kuba yishwe!