Isesengura kuri Leta nshya yagiyeho mu Rwanda

Nyuma y’ishyirwaho rya Guverinoma nshya mu Rwanda kuri uyu wa 24 Nyakanga 2014, Radio Impala yagiranye ikiganiro na Bwana Marc Matabaro mu rwego rwo gusesengura ikihishe inyuma y’iri hinduka rya Guverinoma.

Mwakumva ikiganiro cyose hano hasi